CHRISTIANO RONALDO NTAKEREKEJE MURI PSG KUBERA IKIBAZO CY’AMAFARANGA
Rutahizamu w’ikipe ya Real madrid christiano ronaldo kurubu wanze kongera amasezerano mu ikipe ya real madrid , kugeza nubu akaba ataratangaza impamvu yanze kongera amasezerano ariko abareba kure bakavugako impamvu ishobora kuba yarateye christian kutongera amasezerano muri real madrid arukubera ikibazo cy’imisoro yo mu gihugu cya espagne yongerewe cyane naho abandi bakavugako arukubera ikipe ya real madrid itamuha amafaranga yifuza.

Mu kiganiro n’abanyamakuru umutoza w’ikipe ya paris saint germain Carlo Ancelotti yavuzeko christiano atakije muri psg kubera ikibazo cy’amafaranga badafite yifuza.
Kuza kwa christiano muri PSG byahagaritswe ,amafaranga yarakenewe ntabwo tuyafite, nukuzashakisha undi mukinnyi dufitiye ubushobozi bwo kwishyura naho christiano we ntabwo
twayabona.
Nkuko ikinyamakuru cya AS cyandikira mu gihugu cya espagne cyabitangaje , cyavuzeko christiano yashakaga kwerekeza mu ikipe ya PSG aho byari biteganijwe ko azagenda mu nyuma n’umutoza we jose mourinho akaza amusangayo mu gihe azaba aje gusimbura carlo ancelotti kubutoza.
Ku italiki ya 31/10/2013 ikinyamakuru cya dello sport cyari cyatangajeko ikipe ya PSG yari yiteguye gutanga akayabo ka miliyoni 100 z’ama euro kugirango yibikeho christiano ndetse hakaba hari hateganijwe ibiganiro hagati ya florentino Perez (perezida wa real madrid) ndetse n’ubuyobozi bwa PSG, gusa iyo nama ikaba ntacyayivuyemo doreko byarangiye bananirankwe bigatuma psg itagura christiano.
twayabona.



Join Us!