Home » Archives by category » URABYUMVA GUTE ?
UMUHANZI INTORE MASAMBA, ARAGIRA INAMA URUBYIRUKO RWO MURI IKI GIHE UKO BAMENYA UMUCO NYARWANDA.
Umuhanzi Masamba Intore agira inama urubyiruko rw’iki gihe arushishikariza kujya rwegera abantu bakuze rukaganira nabo kugira ngo rumenye amateka nyayo y’u Rwanda ndetse runamenye ibiranga umuco Nyarwanda. Masamba ni umwe mu bahanzi bokomeye bo mu Rwanda baririmba mu njyana gakondo. Yitanga ho urugero avuga ko kuva kera ariki muto yabaye hafi cyane ya se, Sentore. [...]
AKORA IMIBONANO MPUZABITSINA INSHURO 7 KU MUNSI KUGIRANGO UMUBYIBUHO UGABANUKE – PAULINE
Pauline Potter n’umudamu w’imyaka 32 y’amavuko akaba arinawe mudamu uhertuse kwegukana guiness de record nk’umudamu ubyibushye cyane ku isi n’ibiro 291 n’amagarama 659.87, mu rwego rwo kugabanya umubyibuho pauline potter yiyemeje kuzajya akora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 k’umunsi kandi nkuko yabitangarije ikinyamakuru cya uk close magazine ngo guhora abikora bimaze gutuma agabanuka ibiro bigera kuri [...]
YARYAMANYE N’INDAYA YANGAKUYISHYURA IRAMUKOMAGURA IMUGIRA INTERE(AMAFOTO)
Nkuko bitangaza n’Ikinyamakuru globalpublishers cyandikirwa mugihugu cya Tanzaniya, Taliki 14 Mata 2013 Umugabo w’Imyaka isaga 31 y’Amavuko witwa Joseph Hussein hamwe n’umukobwa witwa Neema Usanzwe Ukora Umwuga W’uburaya bakaba bararwanye Iyinkundura Ubwo Uyumugabo yashakaga Kugenda Atishyuye Kandi bararanye Ijoro Ryose. Uyu Mukobwa Neema Akabayivugirako uyumugabo Joseph Asanzwe Ari Umukiriya we, ndetse nirijoro bakaba baribavuganye Yuko Agomba [...]
BAFASHWE BASAMBANA BABASHYIRA KUKARUBANDA (DORE AMAFOTO)
Nyuma yo kugira urwikekwe rwo kujya ahantu hakunda gusohokerwa nka Coco Beach, Learders Club n’ahandi, kuwa gatanu taliki ya 13 Mata, bahisemo gukorera imibonano mpuzabitsina mu modoka mu gace ka Kinondoni muri Tanzaniya. Hari mu masaha ya nimugoroba ubwo abashinzwe umutekano bari ku kazi kabo, basangaga imodoka yari iparitse ahantu hari umwijima, niko kureba basangamo [...]
UMUNTU UZABASHA GUKORA AGAKINGIRIZO UMUHERWE BILL GATES YIFUZA AZAHABWA IBIHUMBI 100,000 BY’AMADOLARI – IBISABWA
Microsoft Co-Founder akana n’umukire wa 2 ku isi Bill gates abinyijije muri foundation yiwe afatanijemo n’umugore we yitwa Bill and Melinda Gates foundation bashyize hanze itangazo rigenewe barwiyemeza mirimo bose bafite ubushobozi bwo gukora agakingirizo (prudence, condom) ishobora gutuma kwandura kw’agakoko gatera sida kagabanuka. Bill gate yavuzeko agakingirizo kamaze imyaka isaga 400 gakoreshwa ariko uburwayi [...]
“BIHEMU”, FILM IJE GUHINDURA CINEMA NYARWANDA MURI FILM ZITARI ZIMENYEREWE Z’ACTION.
Gukinisha ibisimba, gusimbuka ama etage, kurasisha imbunda nini n’into gukinisha indege n’ibindi bitandukanye n’ibyo bizagaragara muri filimi ‘’BIHEMU’’ igiye kujya ahagaragara ku itariki 30/3/2013,ikaba ije ifite itandukaniro rigaragara ugereranyije n’izindi Filimi dusanzwe tubona hano mu gihugu cy’U Rwanda. Kuva mu Rwanda hakaduka amwe mu makampani akora filimi hifashishijwe abakinnyi b’abanyarwanda ndetse n’abazitunganya bamwe mu banyarwanda [...]
URUKUNDO NI RWOSE MU RUGO RUSHYA RWA MASILELA W’IMYAKA 8 N’UMUGORE WE HELEN W’IMYAKA 61 – AMAFOTO
Hagiye gushira hafi ukwezi sanele masilela w’imyaka 8 y’amavuko arushinganye na Helen shabangu w’imyaka 61 y’amavuko, ibi byabaye nk’ibitunguranye ku isi yose doreko byavuzweho cyane aho umwana w’imyaka 8 y’amavuko ashinganye urugo n’umukecuru w’imyaka 61 ariko nkuko masilela yabitangarije itangazamakuru akaba yaravuzeko yashakanye na helen umubyaye ngo kubera aribyo yategetswe n’umuzimu wa sekuru kandi iyo [...]
BEGUKANYE UMWANYA WA MBERE KU ISI NKA COUPLE YA MBERE YASOMANYE IGIHE KIREKIRE AHO BAMAZE AMASAHA 58 IMINOTA 35 N’AMASEGONDA 58 IMINWA IFATANYE
Amasaha 58, iminota 35 n’amasegonda 58 niyo Ekkachai na Laksana bamaze basomana, bombi uko ari 2 baturuka mu gihugu cya thailand bakaba bari bitabiriye amarushanwa yama couples ashobora gusomana igihe kinini atarekurana, ku mwanya wa kabiri hajeho couples yari yaregukanya umwanya wa mbere muri guiness de record umwaka ushize aho bo bakoresheje amasaha 50,iminota [...]
DORE IMIGI 5 YAMBERE KW’ISI YIZIHIRIZWAMO UMUNSI W’ABAKUNDANYE WA SAINT VALENTIN KURUSHA INDI KW’ISI.
Taliki 14/02 za buri mwaka n’umunsi witiriwe mutagatifu valentin cyangwa se saint valentin, uyu munsi nibwo hirya no hino kw’isi biba byacitse, uyu munsi ukaba uri mu minsi mike ikurikira Neheli na Bonane kw’izihizwa n’abantu benshi, tukaba twabakoreye ubushakashakatsi kuri imwe mu migi ikunze kwizihiza uyu munsi wa saint valentin kurusha indi kw’isi. 1. VENICE, [...]
UMWANA W’IMYAKA 6 YAPFUYE ASHAKA KWIGANA GUKORA IBYO SPIDER-MAN AKORA MURI FILIMI
Umwana w’imyaka 6 y’amavuko witwa Kevin Morais yitabye imana ashaka kwigana ibyo spiderman akora muri filimi aho ashobora gusimbuka kuva kunzu imwe ajya kuyindi akoresheje indogo. Nyina umubyara ariwe Maria n’amarira menshi yavuzeko ubwo yari yicaye muri saloon yagiye kumva akumva ikintu kituye hasi yahamagara umwana we akumva ntiyitabye akirukanka ajya kureba agasanga n’umwana we [...]




Join Us!