Home » Archives by category » IMYIDAGADURO

DORE IMIBYINIRE ITANGAJE, NAWE IHERE IJISHO.

DORE IMIBYINIRE ITANGAJE, NAWE IHERE IJISHO.

Muri iki cyumweru bizaba bidasanzwe hano muri Relax with us’ aho uzasanga kubyina cyagwa imyidagaduro itandukanye cyane nko kubyina bidasanzwe ndumva ntahandi wajya ngo ubisange guhera kuwa 4 aho uwo munsi wahariwe abakobwa ariwo.LEDIES NIGTH,WITH FREE TEQUILA,aho umukobwa yakirwa nkumwami ndetse akakirwa nkumwamizi bamuha akantu ashoboye kunywa,hanyuma kuwa 5 naho bizaba bicika aho muzakomeza kubyinirwa [...]

AMASHUSHO Y’INDIRIMBO “REAL SWAGG” YAGEZE HANZE

AMASHUSHO Y’INDIRIMBO “REAL SWAGG” YAGEZE HANZE

Eddie Mico, umuhanzi uzwi mu ndirimbo zihimbaza Imana akaba ari n’umwe mu bahanzi bazwiho ubuhanga cyane hano mu Rwanda, yasohoye amashusho y’indirimbo yise ‘‘Real swagg’’ akaba ari indirimbo ikoze mu buryo bugezweho kandi ibyinitse. Eddie Mico, ni umuhanzi usanzwe amenyereweho udushya mu buhanzi bwe akaba kandi amaze kwegukana igikombe mu bahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana [...]

DORE UKO BYARI BYIFASHE MWIFATWA RY’AMASHUSHO Y’INDIRIMBO YA URBAN BOYZ(AMAFOTO)

DORE UKO BYARI BYIFASHE MWIFATWA RY’AMASHUSHO Y’INDIRIMBO YA URBAN BOYZ(AMAFOTO)

Kucyumweru Taliki 19 Gicurasi 2013 nibwo abasore bagize Itsinda rya Urban Boyz babyutse bafata amashusho y’indirimbo yabo yitwa Kelele iyi ikaba arimwe mundirimbo nshyashya bafite muri iyi minsi ndetse ikunzwe nabatari bakeya hano mu Rwanda. Aba basore uko ari batatu  bakaba barategeye umu producer wo mugihugu cya Uganda akaba ariwe waje gufata ayamashusho y’iyi ndirimbo [...]

IBYISHIMO NI BYOSE KURI WAYNE ROONEY N’UMUFASHA WE COLEEN ROONEY, KUBERA UMUHUNGU WABO WA KABIRI.

IBYISHIMO NI BYOSE KURI WAYNE ROONEY N’UMUFASHA WE COLEEN ROONEY, KUBERA UMUHUNGU WABO WA KABIRI.

Ku isaha ya 2:11 zo kuri uyu wa 21/5/2013  nibwo umufasha wa Wayne Rooney, Coleen Rooney w’imyaka 27 wamenyekanye cyane mu biganiro bitandukanye yakoraga kuri TV, yaje kwibaruka umwana w’umuhungu wa kabiri witwa Klay Anthony Rooney. Coleen Rooney akimara kwibaruka ibyishimo byamubanye byinshi ahita yihutira kubisangiza abakunzi b’uyu muryango ababwira inkuru nziza ko bamaze kwibaruka [...]

UMUHANZI DAVIDO WO MURI NIGERIA AGIYE GUTANGIRA UMUSHINGA WO KUBAKA AMASHULI.

UMUHANZI DAVIDO WO MURI NIGERIA AGIYE GUTANGIRA UMUSHINGA WO KUBAKA AMASHULI.

Umuhanzi Davido umaze kubaka izina muri africa kubera zimwe mu ndirimbo ze zagiye zikundwa cyane nabatari bake zikabasha  no kumwinjiriza agafaranga gatubutse, kuri ubu uyu musore yamaze gutangaza ko afite igitekerezo cyo gutangira kubaka ishuli aho ashaka guteza imbere imyigire mu gihugu cye ndetse no mu gace akomokamo ka Osun. Davido ibi yabitangaje abinyujije kuri [...]

UWIGEZE KUBA MISS RWANDA BAHATI GRACE HAMWE N’URUHINJA RWE(AMAFOTO)

UWIGEZE KUBA MISS RWANDA BAHATI GRACE HAMWE N’URUHINJA RWE(AMAFOTO)

Nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu, kuri ubu uwigeze kuba Nyampinga w’u Rwanda Bahati Grace ameze neza n’uruhinja rwitwa Ethan Jedidiah Muhire kuko uwo mwana yavutse tariki ya 19 Nyakanga 2012. Ni umwana yabyaranye n’umuhanzi Nyarwanda William Muhire uzwi cyane ku izina rya K8 Kavuyo, umuraperi Nyarwanda bakundanaga kuva bakiri mu Rwanda, ari nawe se w’uyu [...]

UMUHANZI INTORE MASAMBA, ARAGIRA INAMA URUBYIRUKO RWO MURI IKI GIHE UKO BAMENYA UMUCO NYARWANDA.

UMUHANZI INTORE MASAMBA, ARAGIRA INAMA URUBYIRUKO RWO MURI IKI GIHE UKO BAMENYA UMUCO NYARWANDA.

Umuhanzi Masamba Intore agira inama urubyiruko rw’iki gihe arushishikariza kujya rwegera abantu bakuze rukaganira nabo kugira ngo rumenye amateka nyayo y’u Rwanda ndetse runamenye ibiranga umuco Nyarwanda. Masamba ni umwe mu bahanzi bokomeye bo mu Rwanda baririmba mu njyana gakondo. Yitanga ho urugero avuga ko kuva kera ariki muto yabaye hafi cyane ya se, Sentore. [...]

ISHURI RYA ECOLE DES SCIENCES BYIMANA RYONGEYE KWIBASIRWA N’INKONGI Y’UMURIRO

ISHURI RYA ECOLE DES SCIENCES BYIMANA RYONGEYE KWIBASIRWA N’INKONGI Y’UMURIRO

Kumugoroba wo kuri uyu wa 20 Gicurasi, ishuri ryisumbuye ry’ubumenyi riherereye mu murenge wa Byimana ho mu karere ka Ruhango, ryongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro kuburyo butunguranye Iyi nkongi yongeye kwibasira zimwe mu nyubako z’iki kigo zirimo inzu abanyeshuri bararagamo, icyahoze ari inzu y’uburiro (refectoire) n’ububiko bw’ikigo (stock), nizo zibasiwe n’inkongi ubwo abanyeshuri bari bari mu [...]

UMWE MUBATANGIJE ITSINDA RYA THE DOORS RAY MANZAREK YITABYE IMANA

UMWE MUBATANGIJE ITSINDA RYA THE DOORS RAY MANZAREK YITABYE IMANA

uwatangije itsinda rya the Doors ririmba injyana ya Rock ariwe Ray Manzarek, yitabye Imana azizw indwara ya cancer aho yapfiriye mu gihugu cy’ubudage(Allemagne). Manzarek yitabye imana yarafite imyaka mirongo irindwi n’ine y’amavuko(74ans) akaba yarahuye na Jim Morrison bafatanyije gushinga itsinda rya the Doors i Venice beach muri leta ya California, mbere yo gushinga iri tsinda [...]

PAPA WA RIHANNA ARIFUZAKO UMUKOBWA WE YASUBIRANA NA CHRIS BROWN

PAPA WA RIHANNA ARIFUZAKO UMUKOBWA WE YASUBIRANA NA CHRIS BROWN

Ronald fenty ni se ubyara umuhanzi kazi Rihanna, nyuma yaho umukobwa we yongeye gutandukanira na chris brown ubugira kabiri we ntabwo yabyishimiye nagato ahubwo icyufuzo cye nuko umukobwa we bidatinze yaba yasbiranye na chris brown. Papa wa rihanna akenshi akunze kuvugako kwakunda cyane umusore chris brown ndetse yifuza ko yazamubera umukwe , nyina wa chris [...]

Page 1 of 65123Next ›Last »