Home » Archives by category » IMIKINO

KU MYAKA 14 GUSA, UMUHUNGU WA DAVID BECKHAM YASINYE AMASEZERANO YO GUKINIRA QUEENS PARK RANGERS

KU MYAKA 14 GUSA, UMUHUNGU WA DAVID BECKHAM YASINYE AMASEZERANO YO GUKINIRA QUEENS PARK RANGERS

David Beckham nyuma yo gusezera muri ruhago , kurubu umuhungu we  w’imyaka 14 witwa Brooklyn beckham yamaze gusinyishwa amasezerano n’ikipe ya Queens Park Rangers  y’abana (academy). Brooklyn (ibumoso), na barumuna be ndetse na david beckham Uyu mwana wa david beckham amaze kugeragezwa n’amakipe menshi atandukanye harimo nka LA Galaxy , beckham yahoze akinira ndetse n’ikipe [...]

IBYISHIMO NI BYOSE KURI WAYNE ROONEY N’UMUFASHA WE COLEEN ROONEY, KUBERA UMUHUNGU WABO WA KABIRI.

IBYISHIMO NI BYOSE KURI WAYNE ROONEY N’UMUFASHA WE COLEEN ROONEY, KUBERA UMUHUNGU WABO WA KABIRI.

Ku isaha ya 2:11 zo kuri uyu wa 21/5/2013  nibwo umufasha wa Wayne Rooney, Coleen Rooney w’imyaka 27 wamenyekanye cyane mu biganiro bitandukanye yakoraga kuri TV, yaje kwibaruka umwana w’umuhungu wa kabiri witwa Klay Anthony Rooney. Coleen Rooney akimara kwibaruka ibyishimo byamubanye byinshi ahita yihutira kubisangiza abakunzi b’uyu muryango ababwira inkuru nziza ko bamaze kwibaruka [...]

EL HADJI DIOUF YIYENJE MU KABARI BARAMUKUBITA BAMUSIGA ARINTERE

EL HADJI DIOUF YIYENJE MU KABARI BARAMUKUBITA BAMUSIGA ARINTERE

Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe y’igihugu cya senegal El Hadji Diouf akaba kurubu akinira club ya leeds utd aherutse gukubitwa n’abasore 2 mu gihe yari yasohokanye n’umugore we mu kabari kitwa Beach bar five gaherereye mu gihugu cye cya senegal. Diouf baramuhondaguye yasohokanye n’umugore we Intandaro yo gukubitwa kwa Diouf byatewe nuko nguyu musore yari yasinze [...]

NYUMA YO GUSEZERA GUKINA UMUPIRA W’AMAGURU, DORE ICYO AGIYE GUKORA -DAVID BECKHAM

NYUMA YO GUSEZERA GUKINA UMUPIRA W’AMAGURU, DORE ICYO AGIYE GUKORA -DAVID BECKHAM

Rutahizamu w’umwongereza David Beckham w’imyaka 38, umwe mu bakinnyi b’ibyamare muri ruhago ku isi, yatangaje ko ahagaritse gukina umupira w’amaguru kuri ubu akaba agiye kwita ku bikorwa bye by’ubucuruzi, aho ateganya kuzakuramo inyungu isaga miliyoni 300 z’ama pound (£ 300.000.000). Amakuru dukesha Dailymail, David Beckham akaba yatangaje ko ahagaritse umupira w’amaguru, ariko atazawujya kure kuko [...]

PSG YITEGUYE GUTANGA MILIYONI 100 N’UMUSHAHARA WA MILIYONI 18 Z’AMA EURO KU MWAKA KURI CHRISTIANO RONALDO

PSG YITEGUYE GUTANGA MILIYONI 100 N’UMUSHAHARA WA MILIYONI 18 Z’AMA EURO KU MWAKA KURI CHRISTIANO RONALDO

Umuherwe w’ikipe ya Paris saint germain yiteguye kwishyura miliyoni 100 z’ama euro akegukana rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid, christiano ronaldo ndetse akajya anamugenera miliyoni 18 z’ama euro ku mwaka mu gihe ikipe ya real madrid yarisanzwe imuha miliyoni 10.5 z’ama euro ku mwaka. Ku italiki ya 1/7/2013 nibwo biteganijwe ko Jose mourinho warusanzwe utoza ikipe [...]

NYUMA Y’IMYAKA 9 RAYON SPORTS IRONGEYE ITWAYE IGIKOMBE(AMAFOTO)

NYUMA Y’IMYAKA 9 RAYON SPORTS IRONGEYE ITWAYE IGIKOMBE(AMAFOTO)

Igitego cy’umukinnyi Hamiss Cedric mu ntangiriro z’igice cya kabiri gitumye Rayon Sports itsinda Musanze 1-0 ari nako yahise yegukana igikombe cya shampiyona ku nshuro ya karindwi. Iyi kipe y’i Nyanza yaje gukina uyu mukino ari yo ihabwa amahirwe dore ko yarushaga Police FC amanota atanu mu gihe haburaga iminsi ibiri ya shampiyona. Umukino wa Musanze [...]

FRANCK RIBERY NGWAZARINDA APFA ATONGEYE KUVUGISHA BOATENG – IMPAMVU

FRANCK RIBERY NGWAZARINDA APFA ATONGEYE KUVUGISHA BOATENG – IMPAMVU

Nkuko ubwe yabyitangarije rutahizamu w’ikipe ya Bayern Munich  ndetse akaba n’umwataka ukomeye mu ikipe y’igihugu y’ubufaransa Kaizer Franck Ribery yavuzeko atazongera gupfa narimwe mu buzima bwe avugishije mugenzi we bakinna mu ikipe ya bayern munich witwa Jérôme Boateng, ngo kubera ibyo aherutse kumukorera ubwo bayern munich yatwaraga igikombe cya championa muri budage. Kubera idini rya [...]

RAYON SPORTS IRAKOZA IMITWE Y’INTOKI KUGIKOMBE CYA SHAMPIYONA

RAYON SPORTS IRAKOZA IMITWE Y’INTOKI KUGIKOMBE CYA SHAMPIYONA

Ikipe ya Rayon Sports yongeye gushimangira ko ishaka igikombe cya Shampiyona y’cyiciro cya mbere ubwo yatsindaga As Muhanga ibitego 6 kuri 1. Hamissi Cedrick na Kambale Salita Gentil batsinze ibitego bibiri bibiri (bisobanuye ko bombi batsinze bine). Ibindi bibiri bisigaye byatsinzwe na Gad Niyonshuti watsinze kimwe nyuma yo kwinjiramo asimbuye ndetse na Aziz Shyirakumutima wa [...]

FILIMI K’UBUZIMA BWA LIONEL MESSI IGIYE KUJYA HANZE VUBA.

FILIMI K’UBUZIMA BWA LIONEL MESSI IGIYE KUJYA HANZE VUBA.

ubuzima bw’icyamamare muri ruhago Lionel Messi igiye kugaragara bwa mbere i Hollywood muri leta zunze ubumwe z’america, nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika cya 7sur7 kiratangaza ko k’umunsi wo kuwa kane aribwo harimo gutegurwa uburyo filimi y’amateka ya ruhago izerekanwa mu gikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cya Bresil mu mwaka wa 2014, akaba aribwo umunyamakuru witwa Luca [...]

DAVID MOYES YASINYE AMASEZERANO Y’IMYAKA 6 YO GUTOZA MANCHESTER UNITED

DAVID MOYES YASINYE AMASEZERANO Y’IMYAKA 6 YO GUTOZA MANCHESTER UNITED

Ku myaka ye 50 y’amavuko uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Everton David Moyes yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 6 yo gutoza ikipe ya manchester united yari imaze imyaka 26 itozwa  na Sir Alex Ferguson wamaze kwegura kumirimo yo gutoza iyi kipe. Sir alex ferguson ni umwe mubatanzeho umukandida uyu mutoza kwariwe ubona ashoboye kuburyo yamusigira ikipe [...]

Page 1 of 8123Next ›Last »