Home » Archives by category » DUSEKE !

HUYE: TELEFONE Y’INSHINWA YARI YIVUGANYE UMUGABO

HUYE: TELEFONE Y’INSHINWA YARI YIVUGANYE UMUGABO

Kuri uyu wa Gatnu mu masaha ya saa ine n’igice z’igitondo, uwitwa Nsabimana Venuste akaba ari Superviseur wa Company ikora isukmu muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda ya Butare yaturikanywe na telephone imutwika ku itako ndetse itwika n’ipantalo yari yambaye. Amakuru atugeraho, akaba avuga ko iyi telephone yaturitse yari iyo mu bwoko bwa Nokia C30 Mini [...]

DORE URUTONDE RW’ABANTU 10 BAFITE AMASURA ATEYE AGAHINDA KW’ISI(AMAFOTO)

DORE URUTONDE RW’ABANTU 10 BAFITE AMASURA ATEYE AGAHINDA KW’ISI(AMAFOTO)

Kugira isura nziza cyangwa mbi rimwe na rimwe biterwa n’impamvu zigiye zitandukanye harimo n’uko ndetse Imana yakuremye. Zimwe mu mpamvu zitera umuntu kugira isura cyangwa umubiri mubi, biterwa n’uburwayi cyangwa se ubundi bumuga umuntu aba yifitemo. Kuri ubu rero, tugiye kubageza ho amafoto 10 y’abantu bafite amasura adasanzwe cyane ariko batewe n’uburwayi butandukanye bahuye nabwo [...]

PASITORO ATI : “BENEDATA BAKUNDWA NIMWEGERE MBIGISHE DORE IBYAHANUWE BIRASOHOYE.”

PASITORO ATI : “BENEDATA BAKUNDWA NIMWEGERE MBIGISHE DORE IBYAHANUWE BIRASOHOYE.”

-  Umupasitoro Nzamuvumba wabaga ahantu hitwa i Gitwe, yigeze kwiherera mu nzu asangira n’abandi ka “coca cola” (kavangiye), asohotse ageze hanze abona imisozi irimo irazenguruka. Araterura ati “bene data bakundwa, nimwegere mbigishe dore ibyahanuwe birasohotse”.  Abo basangiye bazi yuko atamenyereye ako gasoda, bati “pastoro ba ugarutse mu nzu”! Ati ” mwimbuza guhanura kandi ibyanditswe byasohoye. [...]

Urwenya : “Ni ko sha wowe buri gihe uza ukomanga”

Urwenya : “Ni ko sha wowe buri gihe uza ukomanga”

• Umukozi wo mu rugo yari yifitiye umuco wo gukunda guteka icyayi mu rukerera, yarangiza akagishyira shebuja na nyirabuja mu buriri, kandi iteka akabikora batabimusabye. Bukeye arongera aragitegura ajya gukomanga ku muryango bakiryamye, maze shebuja ashigukira hejuru anamubwira nabi ati : “Ni ko sha wowe buri gihe uza ukomanga, wagiye ukirekera muri salon ko tuba duhuze.” [...]

DUSEKE/ UMUGORE UTANYURWA NIBYO ASANZE.

DUSEKE/ UMUGORE UTANYURWA NIBYO ASANZE.

Hari igihugu abagabo bari barabuze, noneho umushoramari umwe yiyemeza kubikoramo business ngo abe umu commissionaire(umuranga), yubaka inzu yo gukoreramo iyo business ye ! Iyo nzu ikaba yari ifite amagorofa atandatu yose. Muri buri gorofa hakaba hari harimo ubwoko bw’abagabo butandukanye. Umugore winjiragamo akaba yari yemerewe gutwara umugabo ashatse. Ariko uwabaga amaze kurenga igorofa rimwe, ntiyemererwaga gusubira [...]

IBYA BWENGE NA BOSS WE NI DANGER – SOMA WUMVE WISEKERE

IBYA BWENGE NA BOSS WE NI DANGER – SOMA WUMVE WISEKERE

Umukozi wo murugo witwaga Bwenge yakundaga kwiba inzoga ya boss hanyuma akongeramo amazi,noneho boss amaze kumuvumbura azana inzoga basukamo amazi igahinduka nk’amata.nuko asohotse umukozi aba aragotomeye ngo yongeremo amazi iba ihindutse nk’amata nuko biramuyobera,,boss atashye ahamagara madam we ati ubu dufashe umujura hano murugo,,,madam suguhurura,nuko umukozi yihindira mugikoni,nuko boss aratangira. Boss: Bwenge we Bweng: karame [...]

DUSEKE – SAWA RERO URARE UYIROTA, ATI NAWE UKIROTE

DUSEKE – SAWA RERO URARE UYIROTA, ATI NAWE UKIROTE

1.Umuhungu yabayeho akundana n’umukobwa, bagahura, bagahuza. Kera kabaye nyamukobwa azajye gusura umuhungu, umuhungu amwakiriza imyaka yiganjemo ibishyimbo. Nyiramama wanjye ati sinkabirye, ati ” Njye nkunda ifiriti”. Umuhungu, nk’umuteresi wese mwiza, yikoza mu gikoni ahata ibirayi ateka ifiriti. Bukeye umukobwa n’umuhungu, mu masaha y’igicamunsi barahura ngo batembere, sinzi uko umuhungu yaje kurabukwa igishyimbo mu menyo y’umukobwa, [...]

DORE INAMA WAGIRA MUGENZI WAWE UKIGERA MU MUJYI BWA MBERE AVUYE ICYARO – DUSEKE

DORE INAMA WAGIRA MUGENZI WAWE UKIGERA MU MUJYI BWA MBERE AVUYE ICYARO – DUSEKE

Iyo nabuze icyo nkora njya mu mugi, nkihagararira kwa Rubangura, ngacekinga umugi. Ejo rero ngiyeyo, mbona Mapengu aratambika, ndamusifura, nti: