Home » Entries posted by Patrick Cyuzuzo
UMWE MUBATANGIJE ITSINDA RYA THE DOORS RAY MANZAREK YITABYE IMANA
uwatangije itsinda rya the Doors ririmba injyana ya Rock ariwe Ray Manzarek, yitabye Imana azizw indwara ya cancer aho yapfiriye mu gihugu cy’ubudage(Allemagne). Manzarek yitabye imana yarafite imyaka mirongo irindwi n’ine y’amavuko(74ans) akaba yarahuye na Jim Morrison bafatanyije gushinga itsinda rya the Doors i Venice beach muri leta ya California, mbere yo gushinga iri tsinda [...]
MUYOBOKE ALEX AREMEZA KO YATANDUKANYE NA URBAN BOYZ KANDI ARAYIFURIZA INTSINZI MURI PGGSS3
Kuri uyu wa kane nibwo hazindutse havugwa inkuru ibabaje ivuga ko itsinda rya Urban boyz ryatandukanye na Manager wabo ari we MUYOBOKE ALex, iyi nkuru ikaba yakomeje gusakara mwitangazamakuru rya hano mu Rwanda hamwe no kumbuga nkoranya mbaga nka Facebook, twitter hamwe n’izindi. Muyoboke Alex abinyujije kurukuta(wall) rwe rwa facebook agize ati: Abakunzi b’umuziki [...]
FILIMI K’UBUZIMA BWA LIONEL MESSI IGIYE KUJYA HANZE VUBA.
ubuzima bw’icyamamare muri ruhago Lionel Messi igiye kugaragara bwa mbere i Hollywood muri leta zunze ubumwe z’america, nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika cya 7sur7 kiratangaza ko k’umunsi wo kuwa kane aribwo harimo gutegurwa uburyo filimi y’amateka ya ruhago izerekanwa mu gikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cya Bresil mu mwaka wa 2014, akaba aribwo umunyamakuru witwa Luca [...]
UMUHANZIKAZI MADONA NTIYITAYE KUBA MUSAZA WE YABAHO CYANGWA YAPFA.
Nkuko tubikesha icyanyamakuru cyandika TMZ, Umuhanzikazi Madona ntiyitaye kuri musaza we Anthony Ciccone. Anthony Ciccone ni musaza wa Madona ariko akaba yibera munsi y’ibiraro cyangwa munsi y’imihanda, Nyuma y’uko mushiki wa Anthony agiye k’urutonde rw’abahanzi bafite agatubutse muri muzika mu rwego rw’abatunze amafaranga agera kuri milliard y’ama dollars(milliardaires) musaza we atangariza ibinyamakuru agira ati: Madona ntacyo [...]
KU IMYAKA 73 Y’AMAVUKO UMUHANZIKAZI TINA TURNER AGIYE KONGERA GUKORA UBUKWE
Nta gihe umuntu ashobora kugeramo cyangwa ntakigero cy’imyaka yo kuba umuntu yakunda cyangwa ngo akundwe, ayo ni amagambo uyu muhanzikazi wabaye icyamamare cyane ku isi yivugiye. Tina Turner kuri ubu agiye gukora ubukwe n’umu producteur wo mu igihugu cy’ubudage(allemagne) witwa Erwin Bach, bucura bwe (cadet) akaba afite imyaka 16 y’amavuko. Imihango y’ubu bukwe izabera mugihugu [...]
QUINCY JONES ARIZIHIZA ISABUKURU Y’IMYAKA MIRONGO INANI (80 YEARS OLD)
Uyu mugabo w’icyamamare cyane muri muzika akaba ari umwe mubantu bakora umuziki dukunda kwita aba Producteur, ni umuntu uzwi cyane aho yakoze albums zakunzwe cyane zikagira isoko kurusha izindi albums kw’isi. Muri izo albums harimo nka “Off the Wall” na “Thriller”, z’umuhanzi Mickael Jackson. Uyu mugabo aravuga ko imyaka afite kuri ubungubu itamuteye ubwoba habe [...]
AMWE MUMATEKA YA PAPA MUSHYA FRANCIS I.
Karidinali Jorge Mario Bergoglio watorewe kuyobora Kiliziya Gatorika, yavukiye i Buenos Aires muri Argentine, ku itariki ya 17 Ukuboza 1936. Abaye papa wa 266, yafashe izina rya Faransisiko (Francis ), abaye papa wa mbere uturutse mu muryango w’Abayezuwiti, n’uwa mbere uturutse ku mugabane wa Amerika, na papa wa mbere udakomoka ku mugabane w’i Burayi kuva [...]
MU RWEGO RWO GUTEZA IMBERE SPORT MU GIHUGU CY’UBURUSIYA PEREZIDA POUTINE YAKIRIYE STEVEN SEAGAL
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/03/2013 nibwo perezida w’igihugu cy’uburusiya ariwe Vladmir Poutine yakiriye igihangange mu gukina filimi aricyo Steven Seagal aho yaje aje gufungura ihuriro rya sport(centre sportif) mu mugi wa moscou. Poutine yavuze ijambo agira ati: Nta mwana numwe ugomba gusigara inyuma muri sport, umwana wese kugira ngo agire ubuzima bwiza agomba [...]
MILA KUNIS AGIYE GUHAGARIKA UMWUGA YAKORAGA WO GUKINA FILIMI, REBA IMPAMVU..
Umukinnyi wa filimi unakunzwe cyane muri iyi minsi ariwe MILA KUNIS, ngo kuri ubu yaba afite impungenge k’ubuzima bwe mu gihe yaba akomeje gukina filimi. Uyu mukobwa ukiri muto nkuko atangaza agira ati: Ngiye guhagarika umwuga nakoraga wo gukina filimi kubera ko nifuza kujya mu mwuga wo gutunganya ama filimi ( productrice), kuko mubyukuri uyu [...]
LADY GAGA AGIYE KUBAGWA BYIHUTIRWA, BIKABA BYATUMYE AHAGARIKA IBITARAMO BYOSE YAGOMBAGA KUGIRIRA MURI LETA ZUNZE UBUMWE Z’AMERICA.
Nkuko umuhanzikazi Lady Gaga yatangaje ko agiye guhagarika ibitaramo yagombaga kugirira muri Leta zunze Ubumwe z’America, ibi bitaramo akaba yari yarabyise” The born this way tour”. kuri ubu rero uyu muhanzikazi akaba atorohewe nagato aho basanze afite ikibazo mumayunguyungu y’uruhande rw’iburyo. Nkuko umuterankunga w’ibitaramo bye ariwe Live Nation Global Touring abitangaza agira ati :”ady Gaga [...]




Join Us!