Home » Entries posted by A.K.A

Stories written by A.K.A
JAY-Z AGIYE KUZA GUTARAMIRA MURI TANZANIA – REBA N’AHANDI AZAZA

JAY-Z AGIYE KUZA GUTARAMIRA MURI TANZANIA – REBA N’AHANDI AZAZA

Icyamamare muri muzika akana n’umu business man shawn carter umenyerewe cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Jay-z arateganya ibitaramo mu bihugu 7 byo muri afurika, muribyo bihugu hakaba harimo n’igitaramo azakorera mu mujyi wa Dar es Salaam muri tanzania. Jay-z kurubu ufite miliyoni 475 z’amadolari, arateganya kuzaza muri afurika ku italiki ya 4/10/2013 akaba azajya mu [...]

USHOBORA NAWE KUGIRA AMAHIRWE YO GUTUMIRWA NA JUSTIN BIEBER – ICYO BISABA

USHOBORA NAWE KUGIRA AMAHIRWE YO GUTUMIRWA NA JUSTIN BIEBER – ICYO BISABA

Benshi mu bakunzi ba justin bieber bishimiye igitekerezo uyu muhanzi yagize aho agiye gutumira bamwe mu bakunzi be kuza gutaramana nawe ijoro ryose mu nzu ye iherereye i calabasas, gusa nuzaramuka agize amahirwe yo gutumirwa hari amategeko ntarengwa agomba kugenderaho bitaba ibyo agacibwa amande. Kugirango utorankwe mubafana be suko uzaba uzwi na justin bieber ahubwo [...]

MU MARUSHANWA YA PRIMUS NIHO NZAKURA INKWANO – SENDERI INTERNATIONAL HIT

MU MARUSHANWA YA PRIMUS NIHO NZAKURA INKWANO – SENDERI INTERNATIONAL HIT

Eric Senderi uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya International Hit aratangaza ko mu marushanwa ya Primus (PGGSS 3) ari ho ateganya kuvana amafaranga yo gutanga nk’inkwano y’umukobwa ashaka kuzabana na we akaramata. Eric Senderi   yavuze ko akimara kumenya ko yasohotse ku rutonde rw’abahanzi 11 bari mu marushanwa ya Primus (PGGSS3) ategurwa na EAP ifatanyije na [...]

KU MYAKA 14 GUSA, UMUHUNGU WA DAVID BECKHAM YASINYE AMASEZERANO YO GUKINIRA QUEENS PARK RANGERS

KU MYAKA 14 GUSA, UMUHUNGU WA DAVID BECKHAM YASINYE AMASEZERANO YO GUKINIRA QUEENS PARK RANGERS

David Beckham nyuma yo gusezera muri ruhago , kurubu umuhungu we  w’imyaka 14 witwa Brooklyn beckham yamaze gusinyishwa amasezerano n’ikipe ya Queens Park Rangers  y’abana (academy). Brooklyn (ibumoso), na barumuna be ndetse na david beckham Uyu mwana wa david beckham amaze kugeragezwa n’amakipe menshi atandukanye harimo nka LA Galaxy , beckham yahoze akinira ndetse n’ikipe [...]

EL HADJI DIOUF YIYENJE MU KABARI BARAMUKUBITA BAMUSIGA ARINTERE

EL HADJI DIOUF YIYENJE MU KABARI BARAMUKUBITA BAMUSIGA ARINTERE

Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe y’igihugu cya senegal El Hadji Diouf akaba kurubu akinira club ya leeds utd aherutse gukubitwa n’abasore 2 mu gihe yari yasohokanye n’umugore we mu kabari kitwa Beach bar five gaherereye mu gihugu cye cya senegal. Diouf baramuhondaguye yasohokanye n’umugore we Intandaro yo gukubitwa kwa Diouf byatewe nuko nguyu musore yari yasinze [...]

PAPA WA RIHANNA ARIFUZAKO UMUKOBWA WE YASUBIRANA NA CHRIS BROWN

PAPA WA RIHANNA ARIFUZAKO UMUKOBWA WE YASUBIRANA NA CHRIS BROWN

Ronald fenty ni se ubyara umuhanzi kazi Rihanna, nyuma yaho umukobwa we yongeye gutandukanira na chris brown ubugira kabiri we ntabwo yabyishimiye nagato ahubwo icyufuzo cye nuko umukobwa we bidatinze yaba yasbiranye na chris brown. Papa wa rihanna akenshi akunze kuvugako kwakunda cyane umusore chris brown ndetse yifuza ko yazamubera umukwe , nyina wa chris [...]

REGGAE LEGEND ALPHA BLONDY AGIYE KUZA GUTARAMIRA MURI KENYA

REGGAE LEGEND ALPHA BLONDY AGIYE KUZA GUTARAMIRA MURI KENYA

Icyamamare muri muzika byumwiharika munjyana ya reggae Alpha Blondy wakunzwe cyane mu ndirimbo nka Jerusalem, brigadier sabari,Rasta Poué n’izindi nyinshi zitandukanye, kurubu muri kenya inkuru irimo kuvugwa cyane n’igitaramo cya alpha blondy giteganijwe kuzaba ku italiki ya 15 z’ukwezi gutaha kwa kamena (15/6/2016). Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 igihugu cya kenya kimaze kibonye ubwigenge hifujweko [...]

IMYAMBARIRE Y’UMUHANZI KAZI AMANI YASHENGUYE UMUTIMA NYINA WE – IFOTO

IMYAMBARIRE Y’UMUHANZI KAZI AMANI YASHENGUYE UMUTIMA NYINA WE – IFOTO

Umuhanzi kazi Amani yashenguye umutimwa wa nyina umubyara ubwo yajyaga kurubyiniro yambaye akenda gutuma imyanya y’ibanga igaragara, ni mugitaramo uyu muhanzi kazi yakoresheje mu rwego rwo kumenyekanisha imwe mu ndirimbo ze irimo kubica bigacika yitwa kiboko changu afatanije n’abasore 2 bagize itsinda rya goodlyfe aribo Weasel na Radio. Umubyeyi w’umuhanzi kazi amani ubusanzwe n’umukirisito ukomeye [...]

MFITE UBWOBA K’UMUKOBWA WANJYE AZAKURA YANGA IJWI RYANJYE – BEYONCE

MFITE UBWOBA K’UMUKOBWA WANJYE AZAKURA YANGA IJWI RYANJYE – BEYONCE

Umuhanzi kazi Beyonce ngwatewe impungenge n’umukobwa we kwashobora kuzakura yanga ijwi, mu kiganiro na ITV’s Daybreak beyonce yabwiye umunyamakuru ko buriteka iyo agerageje kuririmbira umukobwa we Blue ivy carter zimwe mu ndirimbo ze akunda kandi n’abafana bakunda nkaza single ladies , ngwaho kugirango umwana yishime ahubwo ngwaraturika akarira ngo mugihe beyonce ngwaba yakoze uko ashoboye [...]

AKORA IMIBONANO MPUZABITSINA INSHURO 7 KU MUNSI KUGIRANGO UMUBYIBUHO UGABANUKE – PAULINE

AKORA IMIBONANO MPUZABITSINA INSHURO 7 KU MUNSI KUGIRANGO UMUBYIBUHO UGABANUKE – PAULINE

Pauline Potter n’umudamu w’imyaka 32 y’amavuko akaba arinawe mudamu uhertuse kwegukana guiness de record nk’umudamu ubyibushye cyane ku isi n’ibiro 291 n’amagarama 659.87, mu rwego rwo kugabanya umubyibuho pauline potter yiyemeje kuzajya akora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 k’umunsi kandi nkuko yabitangarije ikinyamakuru cya uk close magazine ngo guhora abikora bimaze gutuma agabanuka ibiro bigera kuri [...]

Page 1 of 31123Next ›Last »